{"product_id":"u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-y-amateka-paperback","title":"U Rwanda Mu Gihirahiro: Twubakire Amahoro Arambye Ku Masomo Y' Amateka - Paperback","description":"\u003cp\u003eby \u003cb\u003ePour La Citoyenneté Démocratique Iscid\u003c\/b\u003e (Author)\u003c\/p\u003e\u003cp\u003e\u003cb\u003eU RWANDA MU GIHIRAHIRO\u003cbr\u003eTWUBAKIRE AMAHORO ARAMBYE KU MASOMO Y'AMATEKA.\u003c\/b\u003e\u003cbr\u003eIgitabo cyateguwe na Institut Seth Sendashonga) \u003c\/p\u003e\u003cp\u003e\u003c\/p\u003eMu kwibuka imyaka 25 Seth Sendashonga amaze yishwe, ikigo cyamwitiriwe (Institut Seth Sendashonga pour la citoyenneté Démocratique aribyo ISCID asbl) cyahisemo gufasha Abanyarwanda gusubiza amaso inyuma bakareba inzira u Rwanda rwanyuzemo uhereye igihe nyakwigendera yavukiye, mu w'1951.\u003cbr\u003eNi urugendo rwabayemo impanuka nyinshi zasigiye umuryango nyarwanda ibikomere. Imyaka 70 ishize irimo ingoma ya cyami mu marembera yayo, irimo ubukoroni nabwo bugiye kurangira, irimo Repuburika ya mbere yamaze imyaka 12, irimo Repuburika ya kabiri yamaze imyaka 21, irimo na Repuburika ya gatatu imaze imyaka 29. Uburyo izo ngoma zagiye zisimburana ni amakorosi akomeye yashyize igihugu mu gihirahiro.\u003cbr\u003eMuri iki gitabo Institut Seth Sendashonga yifashishije impuguke zitandukanye z' Abanyarwanda mu gukora ubusesenguzi bwimbitse kuri ayo makorosi y'ibibazo u Rwanda rwahuye kandi rugihura nabyo hagamijwe gutanga umuganda mu gushaka uko ibyo bibazo byacyemurwa, hakubakwa amahoro arambye.\u003cdiv\u003e\n\u003cstrong\u003eNumber of Pages:\u003c\/strong\u003e 308\u003c\/div\u003e\u003cdiv\u003e\n\u003cstrong\u003eDimensions:\u003c\/strong\u003e 0.69 x 9 x 6 IN\u003c\/div\u003e\u003cdiv\u003e\n\u003cstrong\u003ePublication Date:\u003c\/strong\u003e July 30, 2023\u003c\/div\u003e","brand":"Books by splitShops","offers":[{"title":"Default Title","offer_id":51781842207008,"sku":"9798854164566","price":27.0,"currency_code":"USD","in_stock":true}],"thumbnail_url":"\/\/cdn.shopify.com\/s\/files\/1\/0974\/9764\/5344\/files\/b5fe4afd2fda068afcb9fae87cc072c0.webp?v=1780558676","url":"https:\/\/ebocreations.com\/products\/u-rwanda-mu-gihirahiro-twubakire-amahoro-arambye-ku-masomo-y-amateka-paperback","provider":"The E-Book Oasis LLC","version":"1.0","type":"link"}